Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida mushya w’igihugu cya Angola João Lourenço. Ni umuhango wabereye mu murwa mukuru i Luanda muri Angola aho ishyaka rya...
Moïse Katumbi, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Republika iharanira demokarasi ya kongo, yatangaje kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 ko azahamagarira Abanyekongo kwitabira...
Abandi basirikare b’u Rwanda 140 barwanira ku butaka boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centrafrique, bahagurutse mu Rwanda ku isaha ya satatu n’iminota 30 kuri uyu wa kabiri tariki...
Itsinda ry’abayobozi bo hejuru mu ishyaka CPC (Communist Party of China) riyoboye Ubushinwa batangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu Rwanda rugamije gusangira ubunararibonye no kubaka ubushobozi hagati...
James Rudasingwa uhagarariye Kampani ya Kigali Investment Company (KIC) yaguze UTC mu cyamunara kuri uyu wa 25 Nzeri 2017, yatangaje ko biteguye kubyaza umusaruro iyi inzu, ngo ibyatangajwe na...
Umukecuru witwa Nyirabikomo Amina yasanzwe mu inzu yapfuye bikaba bicyekwa ko yishwe n’umukobwa we witwa Uwamahoro Samirah babanaga i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Ibi byabaye mu gitondo cyo...