Kigali Investment Company iyoborwa na Karangwa Gashabana Paul niyo yaguze umuturirwa wa Rujugiro muri cyamunara kuri miliyari 6.877.150 (Miliyari esheshatu, miliyoni 877 n’ibihumbi 150 z’amafaranga...
Bishop Rugagi Innocent si ubwa mbere si n’ubwa kabiri avuga ku bantu bavuga ko akoreshwa n’imbaraga za sekibi,ndetse bakavuga ko imbaraga zimukoresha ibitangaza yazihashye mu gihugu cya Nigeria....
Samuel Mana ufite ibiro by’ivunjisha mu Mujyi wa Kigali rwagati akaba umubyeyi wa Nyampinga w’u Rwanda 2017, Iradukunda Elsa, yatangaje ko umukobwa we ntatambikwa ikamba rya Miss World 2017...
Ruhumuriza James wamamaye nka King James uri kubarizwa muri Leta zunze ubumwe zaAmerika,yamaze gutangaza ko inkuru z’urukundo zamuvuzweho ndetse n’ubukwe bwatangaje kuri we azabitangariza kuri...
Umusirikare w’ipete rya jenerali mu gisirikare cya Somaliya hamwe n’uwari umucungiye umutekano bishwe barashwe ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, nk’uko amakuru ava mu bashinzwe umutekano muri icyo...
Abasirikare bagera kuri batatu ba MINUSMA, b’ishyirahamwe mpuzamahanga ONU bagiye kubungabunga amahoro n’umutekano mu gihugu cya Mali biciwe mu majyepfo y’icyo gihugu kuri iki cyumweru tariki ya...
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nzamwita Vincent De Gaulle yatangaje ko umukino wahuje Rayon Sports na APR FC wabaye ku wa 23 Nzeri 2017 ugomba gusubirwamo nk’uko...
Bamwe mu batuye akarere ka Huye bavuga ko gukora siporo bibafasha kugira ubuzima bwiza birinda kurwaragurika ndetse bikanatuma basabana. Ibi babigarutseho kuri iki cyumweru ubwo bahuriraga mu mujyi...