Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin yatangaje ko igihugu ke gisenya intwaro z’ubumara byicisha imyuka y’ubumara. Perezida Putin avuga ko ari ikintu cy’imboneka rimwe.
Ibi yabitangaje kuri uyu...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na Minisiteri y’umurimo, bari mu gikorwa cy’ubukangurambaga cyo kurwanya no kwirinda indwara zinyuranye zitandura. Ni muri urwo rwego hatangiye igikorwa kizamara...
Ingabo z’u Rwanda, Brigade ya 204 ikorera mu turere tugize Umujyi wa Kigali bagabiye inka 10 abaturage batishoboye mu murenge wa Rutunga mu karere ka Gasabo. Batanze na Mutuel 450 ku baturage....
Mu 2000 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Howard Stern hashize imyaka itatu gusa igikomangoma cy’Ubwongereza ‘Lady Diana’ yitabye Imana....
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 mu Inteko inshinga mategeko y’Igihugu cya Sudani y’Epfo bemeje ko Umunyarwanda, Eugene Torero aba Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 Nzeri 2017 yatangaje ko Amerika yiteguye bihagije gukoresha ingufu za gisirikare mu guhangana na Koreya ya...