Martha Niyishaka, umunyarwandakazi wabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri Leta ya Indiana, yitabye Imana azize impanuka y’imodoka yabaye mu ijoro ryo ku wa 30 Kamena 2017.
Uyu mugore...
Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa isezera ku mirimo ye we avuga ko avuyeho ku mpamvu ze bwite.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 03...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru taliki ya 2 Nyakanga 2017 i Nyamata mu busitani bwa Golden Tulip bahereye igitaramo cyiswe “Rwanda Fiesta” . Cyahurije hamwe abahanga mu gukoresha no kuyobora amajwi...
Umunyamuziki ukomeye mu gihugu cya Uganda, Jose Chameleone yashimangiye ko ari umunyabigwi mu muziki ubwo yakoraga igitaramo cyitabiriwe n’isinzi ry’abantu mu gace ka Lugogo Criket kuri uyu wa...
Ali kiba uri mu bahanzi bubashywe muri muzika y’Afurika y’Iburasirazuba arashinjwa gutera inda umukobwa ariko akihunza ishinga zo kwita ku mwana uzavuka nk’uko uyu mukobwa ukomoka mu mujyi wa...
Morgan Heritage igizwe n’abavandimwe bakomoka ku muhanzi ukomeye muri Amerika witwa Denroy bageze mu Rwanda ku isaaha ya 15h30 ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe.
Aba bombi baherutse...