Ndayishimiye Malik Bertrand uzwi cyane nka Bull Dogg wari umwe mu bahatana muri Primus Guma Guma Super Star yabaga ku nshuro ya karindwi ntiyumva neza impamvu ategukanya umwanya wa mbere mu gihe...
Umuririmbyi w’umunyempano Maniraruta Martin wamamanye nka Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we witabye Imana mu myaka yatambutse. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo iminsi yahita ariko...
Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama nkemurampaka muri Guma Guma bamushyize ku mwanya wa kabiri mu gihe yabonaga yari akwiye kwegukana iri...
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi, Dream Boys niyo yabaye itsinda rya kabiri ryegukanye iki gihembo cya...
Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 24...
Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ibyishimo by’ikirenga yagize nyuma y’uko yibarutse ubuheta bwe na Ange Tricia...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...