skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Bull Dogg yakomoje ku manyanga yakorewe muri PGGSS7 ngo iri rushanwa ntararibonera ‘ikibonezamvugo’

Ndayishimiye Malik Bertrand uzwi cyane nka Bull Dogg wari umwe mu bahatana muri Primus Guma Guma Super Star yabaga ku nshuro ya karindwi ntiyumva neza impamvu ategukanya umwanya wa mbere mu gihe...
27 June 2017 Yasuwe: 951 2

Babiri bakurikiranyweho guha abapolisi ruswa y’ibihumbi 12

Ufitimana Yves na Ntivuguruzwa Vincent bafunzwe bakekwaho guha abapolisi ruswa y’ibihumbi 12 by’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo babakorere ibinyuranyije n’amategeko; ariko ntibabigezeho kuko...
26 June 2017 Yasuwe: 306 0

Nyaruguru: Polisi yafatanye abagabo batanu amafaranga y’amiganano

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyaruguru ifunze abagabo batanu bakekwaho gukoresha amafaranga y’amiganano y’ubwoko butandukanye. Abo ni Niyomugabo Emmanuel, Nshimiyimana Olivier, Nsengimana Jean...
26 June 2017 Yasuwe: 359 0

Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we

Umuririmbyi w’umunyempano Maniraruta Martin wamamanye nka Mani Martin aracyashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we witabye Imana mu myaka yatambutse. Uyu muhanzi yavuze ko nubwo iminsi yahita ariko...
26 June 2017 Yasuwe: 3453 2

Christopher ngo ntarambirije kuri Guma Guma, umwanya yegukanye ntawemera

Muneza Christopher wiyise ‘Topher’ yamaze gutangaza ko atemeranya n’ibyakozwe n’abagize akanama nkemurampaka muri Guma Guma bamushyize ku mwanya wa kabiri mu gihe yabonaga yari akwiye kwegukana iri...
26 June 2017 Yasuwe: 2927 9

Amanota y’abahanzi 10 bahatanye muri PGGSS7 yashyizwe hanze

Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rikomeye rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi, Dream Boys niyo yabaye itsinda rya kabiri ryegukanye iki gihembo cya...
26 June 2017 Yasuwe: 2521 0

Knowless yavuze ku itsinzi ya Dream Boys bagezeho biyushye icyuya nyuma y’imyaka itandatu

Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya 24...
26 June 2017 Yasuwe: 3049 1

Imodoka 73 zafatiwe imikoreshereze mibi y’utugabanyamuvuduko

Mu rwego rwo kugenzura amakuru yatanzwe n’abaturage ko, hari zimwe mu modoka n’ubu zitarubahiriza amabwiriza yashyizweho, ku modoka zitwara abantu n’izikora ubundi bwikorezi, Polisi y’u Rwanda ,...
26 June 2017 Yasuwe: 974 0

Menya ubusobanura bw’izina Tom Close yise ubuheta bwe na Tricia (Amafoto)

Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ibyishimo by’ikirenga yagize nyuma y’uko yibarutse ubuheta bwe na Ange Tricia...
26 June 2017 Yasuwe: 15961 3

Amateka n’ibigwi bya Dream Boys yegukanye Primuss Guma Guma Super Star 7

Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...
24 June 2017 Yasuwe: 2961 1