skol
Kigali

Author

Iyamuremye Janvier

Komisiyo y’Amatora (NEC) yakiriye kandidatire ya Perezida Paul Kagame- AMAFOTO

Perezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017. Kuri uyu wa kane...
22 June 2017 Yasuwe: 4195 7

Miss Shanel yamuritse amashusho y’indirimbo ‘Igisingizo’ avugamo ibyiza by’u Rwanda-YIREBE HANO

Nirere Shanel, umuhanzi ukorera umuziki mu Bufaransa aho atuye n’umugabo we Guillaume Favier yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Igisingizo’ aho agaruka kubyiza u Rwanda rwamugejejeho kugeza ubu....
22 June 2017 Yasuwe: 1019 0

Mpayimana Phillipe adaherekejwe n’umugore we yatanze kandidatire-AMAFOTO

Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana. Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho...
22 June 2017 Yasuwe: 4590 4

Hari abahanzi batatu Riderman aha amahirwe yo kuvamo umwe wegukana PGGSS7—

Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye nka Riderman uri mu bakomeye mu njyana ya Hip Hop hari abahanzi bagera kuri batatu aha amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Prims Guma Guma Super Star iri kuba...
22 June 2017 Yasuwe: 1511 0

NEC irakira kandidatire ya Perezida Kagame

Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Paul Kagame arashyikiriza Komisiyo y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.Ni i nyuma y’uko yemejwe n’ishyaka FPR inkotanyi....
22 June 2017 Yasuwe: 863 4

Tunisia:Abakobwa batarashinga ingo bakomeje kwitereshaho ’akarangabusugi’

Mu gihugu cya Tunisia umubare munini w’abakobwa batakaje ubusugi bakomeje kugana umuganga usubizaho akarangabusugi kugira ngo umunsi bageze mu rugo rwabo batazirukanwa n’abagabo babo. Ibi bibaye...
22 June 2017 Yasuwe: 4092 5

Gatsibo:Abagabo 30 bakurikiranyweho gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gatsibo ifungiye kuri Sitasiyo ya Rugarama abagabo 30 yafashe ku itariki 21 z’uku Kwezi bacukura amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti mu buryo butubahirije...
22 June 2017 Yasuwe: 231 0

Kayonza:Umukobwa yavanywe mu ishyamba yari amazemo icyumweru ngo agamije gutera agahinda umubyeyi...

Mu karere ka Kayonza mu ishyamba riherereye mu murenge wa Bugera habonywe umukobwa wari umaze hafi icyumweru cyose yiberamo yaratorotse iwabo. Ni nyuma y’uko umuryango we ukoze uko ushoboye ngo...
21 June 2017 Yasuwe: 4629 3

Jay Polly yavuze babiri bazavamo umwe wegukana PGGSS7 ngo amashusho ya ‘Too Much’ yakuyeho ijisho

Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...
21 June 2017 Yasuwe: 2690 0

Urban Boys yavuze batatu bazavamo uwegukana PGGSS7, banakomoza kwitandukana ryabo

Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
21 June 2017 Yasuwe: 2636 0
0 | ... | 1960 | 1970 | 1980 | 1990 | 2000 | 2010 | 2020 | 2030 | 2040 | 2050