Morgan Heritage igizwe n’abavandimwe bakomoka ku muhanzi ukomeye muri Amerika witwa Denroy bageze mu Rwanda ku isaaha ya 15h30 ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe.
Aba bombi baherutse...
Diane Shima Rwigara uri mu bahatanira kuyobora u Rwanda yavuze ko mu minsi itambutse yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Erica J. Barks-Ruggles, byibanze cyane ku rutonde...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Kamena uyu mwaka nibwo Adrien Misigaro yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali. Ni nyuma y’imyaka irindwi akorera muzika muri Leta Zunze...
Mu majyaruguru ya Argentine mu gace kitwa Rosario aho Lionel Messi avuka niho habereye ubukwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kamena 2017, aho yambikanye impeta y’urudashira n’umugore we bakundanye...