Kuri iki cyumweru ahagana saa sita z’amanywa nibwo umuhanzi Tom Close yanditse ku rukuta rwe rwa Instagram agaragaza ibyishimo by’ikirenga yagize nyuma y’uko yibarutse ubuheta bwe na Ange Tricia...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
371 binjijwe mu rwego rwunganira uturere mu kubungabunga umutekano (District Administrative Security Support Organ (DASSO) nyuma yo gusoza amasomo ajyanye n’izo nshingano baherewe mu Ishuri rya...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Gakenke, hafungiye abagabo babiri bafatanywe ibicuruzwa bitemewe birimo n’imiti ya magendu mu mukwabu wakozwe na Polisi ihakorera mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu...
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...