Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
371 binjijwe mu rwego rwunganira uturere mu kubungabunga umutekano (District Administrative Security Support Organ (DASSO) nyuma yo gusoza amasomo ajyanye n’izo nshingano baherewe mu Ishuri rya...
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Gakenke, hafungiye abagabo babiri bafatanywe ibicuruzwa bitemewe birimo n’imiti ya magendu mu mukwabu wakozwe na Polisi ihakorera mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu...
Mu karere ka Bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba mu murenge wa Nyamata, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko yamaze amasha hafi arindwi ari ku giti cy’imyumbati yari yagiye kwiba...
Beyoncé yahishuye y’uko yishimye nyuma y’uko abana be b’impanga yibarutse bavanywe mu bitaro bari bamazemo icyumweru kubera ibibazo by’uburwayi bavukanye.
Beyoncé ni umwe mu baririmbyi...
Abana b’ababyinnyi bagize itsinda ’Triplets Ghetto Kids’ bamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo ’Sitya Loss’ ya Eddy Kenzo bazabyina mu birori bikomeye bya BET 2017 bizabera mu mujyi wa Los...
Urukundo rwa Chameleone na Daniella rugeze kuyindi ntera.Itandukana ryabo ryavurwaga mu minsi yatambutse ryavuyeho, kuri ubu aba bombi baragaragaza urukundo rudasanzwe harimo no kuba Chameleone...