Abantu babiri bapfuye abandi ibihumbi basabwa guhunga imiriro y’ikomeye yadutse muri leta ya Californiya, mu burengerazuba bwa leta zunze ubumwe za Amerika.
Umurwa mu kuru Kinshasa muri Repuburika ya Demokarasi ya Kongo, haramukiye umurongo mu nini ku ma sitasiyo ya Lisansi yabaye iyanga kuburyo iri guhabwa umugabo igasiba undi.
Ku ncuro ya mbere kuva Uburundi buvuye mu bukoroni bw’Ububirigi , hashize imyika 60, intumwa z’Ububirigi zaje muri icyo gihugu mu gikorwa cyo gutahura neza ibibi byaranze ubukoroni mu burundi.
Muri Repuburika ya demokarasi ya Congo, biragoye ko umwaka w’amashuri urangira hatavuzwe imvururu za hato na hato zituma amashuri mu bice bitandukanye asubikwa, amwe muriyo akaba yanasiba umwaka wose.