Gutangazwa k’umwami mushya Charles III – akaba n’Umwami wa Jamaica – byaravuzwe cyane ku mwaro w’amato wa ‘Kingston Harbour’, icyambu kigeze gufatwa nk’umutima w’Ubwami bw’Ubwongereza.
Abimukira 6 bariwo abana babiri bapfiriye mu nyanja. Ni nyuma y’aho Ubugereki bwari bugerageje kubasubiza inyuma mu mazi ya Turukiya,mu nyanja ya Aegean.
Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe w’icyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro uherutse gukatirwa igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, yarekuwe by’agateganyo.
Ibihugu bya Armeniya na Azerbayijani byasakiranye ku munsi wejo hashize , hapfa abasirikare hafi ijana ku mpande zose. Ibi bihugu birapfa intara ya Nagorno-Karabakh buri ruhande rwita iyayo.
Amerika yatangaje ko Uburusiya bwakoresheje rwihishwa amadolari arenga miriyoni 300 kuva mu 2014 ishaka guhendahenda abanyaporitike mu bihugu birenga 24.