skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Ni ikihe kigero umwana akwiye gutungaho smartphone?

Smartphone zimaze kuba nyinshi mu bana, nko mu Bwongereza 91% by’abana b’imyaka 11 barazifite. Ariko se umwana hari icyo abura iyo ntayo afite – cyangwa hari icyo bimwungura gihambaye?
26 September 2022 Yasuwe: 890 0

Koreya ya Ruguru yarashe mu Nyanja misire iraswa kure

Abategetsi ba gisirikare ba koreya y’Epfo batangaje ko Korea ya Ruguru yarashe igisasu bikekwa ko ari misire iraswa kure (missile ballistique) ku nkengero y’inyanja.
26 September 2022 Yasuwe: 800 0

Amerika yaburiye Uburusiya igihe bwatera Igisasu cya kirimbuzi

Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye Uburusiya ko mu gihe bwakoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine haba ingaruka zikomeye.
26 September 2022 Yasuwe: 1239 0

Lt Gen Philemon Yav Irung, wayoboranga FARDC mu burasirazuba bwa Congo afunze akekwaho gukorana na FDLR

Uyu mu General akurikiranyweho gufasha abasize bahekuye u Rwanda muri Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994, ubu bibumbiye mu mutwe wa FDLR.
23 September 2022 Yasuwe: 1884 0

Perezida Ndayishimiye yabwiye ONU kumenya ko igihugu cye cyateye intambwe

Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yasabye ishyirahamwe mpuzamahanga ONU ko rikwiye kumenya ko Uburundi bwateye intambwe mu by’ umutekano kandi ko butakiri igihugu kijegajega.
23 September 2022 Yasuwe: 1116 0

Russia: Abagabo barimo guhunga umuhamagaro wa Putin wo kujya mu gisirikare

Abagabo mu Burusiya barimo kugerageza kuva mu gihugu bahunga kwinjizwa mu gisirikare ngo bajye mu ntambara muri Ukraine.
23 September 2022 Yasuwe: 1439 0

Ibihugu byo mu karere ka EAC bifite ubwoba bw’icyorezo cya Ebola kivugwa muri Uganda

Muri Uganda haravugwa ubwandu bushya bwa Ebola bugera kuri 6 nkuko byemezwa n’inzego z’ubuzima muri iki gihugu.
22 September 2022 Yasuwe: 538 0

Korea ya Ruguru irahakana guha intwaro Uburusiya

Korea ya Ruguru yatangaje ko itigeze igurisha intwaro ku Burusiya kandi ko nta migambi ifite yo kubikora mu gihe kizaza, ni nyuma y’ibyavuzwe na Amerika ko Moscow irimo kugana kuri Pyongyang mu...
22 September 2022 Yasuwe: 673 0

Zelensky yasabye ko Uburusiya buhabwa ’igihano gikwiye’

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yabwiye inteko rusange y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ko Uburusiya bugomba guhabwa "igihano gikwiye" kubera gutera igihugu cye.
22 September 2022 Yasuwe: 797 0

Icyizere ku buturo bushya bw’inkura zera (white rhinos) zajyanywe mu Rwanda

Raporo nshya yerekana ko kubera ubushimusi umubare w’inkura zera (white rhinos) wagabanutseho hafi 12% mu myaka ine ishize, gusa ubu inzobere zifite icyizere mu buturo bushya zimwe ziherutse...
22 September 2022 Yasuwe: 658 0