Smartphone zimaze kuba nyinshi mu bana, nko mu Bwongereza 91% by’abana b’imyaka 11 barazifite. Ariko se umwana hari icyo abura iyo ntayo afite – cyangwa hari icyo bimwungura gihambaye?
Abategetsi ba gisirikare ba koreya y’Epfo batangaje ko Korea ya Ruguru yarashe igisasu bikekwa ko ari misire iraswa kure (missile ballistique) ku nkengero y’inyanja.
Perezida Evariste Ndayishimiye w’Uburundi yasabye ishyirahamwe mpuzamahanga ONU ko rikwiye kumenya ko Uburundi bwateye intambwe mu by’ umutekano kandi ko butakiri igihugu kijegajega.
Korea ya Ruguru yatangaje ko itigeze igurisha intwaro ku Burusiya kandi ko nta migambi ifite yo kubikora mu gihe kizaza, ni nyuma y’ibyavuzwe na Amerika ko Moscow irimo kugana kuri Pyongyang mu...