Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yavuze ko nta mpamvu yo gushyiraho ingamba zikarishye mu duce tw’igihugu turimo Ebola kuko iyo virus itandurira mu mwuka.
Gutera intambwe kwa Ukraine mu turere twa Kherson na Zaporizhzhia two mu majyepfo, kugeza ubu kuri ku kigero gito ugereranyije n’ibyo Ukraine yagezeho mu majyaruguru ashyira uburasirazuba.