Perezida Kagame ari kugirira uruzinduko rw’akazi i Brazzaville , aho yageze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata. Akazarurangiza ku wa 13 Mata 2022.
Kuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo...
Mu mwaka wa 2012 nibwo havutse umutwe wiyise M23, abarwanyi bawo bakuriwe na Ntaganda na Makenga, uvuga ko amasezerano ya leta na CNDP yo kuwa 23 Werurwe atubahirijwe.
Kuva icyo gihe, uyu mutwe...