Ubwo Perezida wa DR Congo Felix Tshisekedi yasinyiraga kwinjira mu muryango wa A furika y’iburasirazuba EAC, abaturage be nabo babaraga ibinyacumi by’imyaka bamaze bakimbirana bishingiye ku moko...
Igihembe cya gatatu cy’uyu mwaka w’amashuri abanza,ayisumbuye na TVET kiratangira kuri uyu wa 18 mata 2022, biteganijwe ko kizarangira kuya 15 Nyakanga 2022.
Abaturage babarirwa mu bihumbi n’ibihumbi, bamaze guteshwa ingo zabo bakitsindagira mu mabanga y’imisozi mu ntara ya Ituri,iherereye mu majyaruguru ya Repubrika ya Demokarasi ya Congo (RD Congo).
Kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Mata 2022 saa cyenda zuzuye, ikipe ya Gasogi United mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yakinnye na Kiyovu Sports kuri sitade ya...