Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yasabye imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gushyira intwaro hasi igakorana n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi mu kugarura...
Umukuru w’agashami ka ONU gashinzwe uburenganzira bwa muntu yavuze ko ababajwe n’ubwicanyi bwiyongereye mu ntara ya Darfur ya Sudani, inyuma y’aho mu minsi ishize hiciwe abantu barenga 200.
Filipe Nyusi Perezida wa Mozambique, yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 mu gihugu cya Uganda aho azagirana ibiganiro na mugenzi we bigamije ubufatanye mu iterambere.
Kuva mu gicuku cya none kuwa gatatu imirwano yongeye kubura hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta (FARDC) muri teritwari ya Rutshuru, buri ruhande rurashinja urundi gutangiza iyi mirwano.