Abantu bateraniye ku kirombe gicukurwa mo Peterori i Egbema muri leta ya Imo state, iri mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Nijeriya, kw’itariki ya 24/04/2022
Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa muri manda y’imyaka itanu iri imbere. Yatowe ku majwi 58.2% mu gihe Marine Le Pen bari bahanganye yabonye 41.8%.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye mu biro bye Entebbe, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda aho abo bombi baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi.
Emmanuel Macron na Marine Le Pen bageze mu cyiciro cya nyuma cy’abahataniye kuyobora u Bufaransa nyuma yo gutsinda mu matora yabaye ku wa 10 Mata 2022. Bari imbere mu bakandida 12 bacyitabiriye,...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangizaga isiganwa ku maguru ahitwa Kololo, nka kimwe mu bikorwa by’imyidagaduro bijyanye n’isabukuru ye, yavuze ko ibi birori biri mu gihugu hose.
Ni imirwano ije mu gihe harimo kuvugwa ibiganiro hagati ya Perezida Félix Tshisekedi n’abahagarariye imitwe yitwaje intwaro igera ku icumi ikorera mu Burasirazuba bwa RDC.