skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

OMS yaburiye ko Ebola yongeye kwaduka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Ebola yongeye kwaduka muri DR Congo, Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ritangaza ko ikiza gishya cya Ebola cyadutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
25 April 2022 Yasuwe: 242 0

Nijeriya: Abantu 110 bapfuye bakongotse mu kirombe peterori bacukuraga magendu

Abantu bateraniye ku kirombe gicukurwa mo Peterori i Egbema muri leta ya Imo state, iri mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Nijeriya, kw’itariki ya 24/04/2022
25 April 2022 Yasuwe: 442 0

Le Pen yabonye zeru mu bafaransa batoreye i Kigali

Kimwe n’ahandi ku isi ,ahari Umufaransa wese wujuje ibyangombwa yagombaga kwitorera umukuru w’igihugu cyabo. Nahao mu Rwanda niko byagenze, aho byarangiye Le Pen wari uhanganye na Emmanuel Macron...
25 April 2022 Yasuwe: 474 0

Emmanuel Macron yatsinze Le Pen watumye havugwa byinsi mu Bufaransa

Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa muri manda y’imyaka itanu iri imbere. Yatowe ku majwi 58.2% mu gihe Marine Le Pen bari bahanganye yabonye 41.8%.
24 April 2022 Yasuwe: 885 0

Perezida Kagame yongeye kugera muri Uganda nyuma y’imyaka 4 bashyamiranye

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yakiriye mu biro bye Entebbe, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda aho abo bombi baganiriye ku mubano w’ibihugu byombi.
24 April 2022 Yasuwe: 8820 0

Abafaransa bazindukiye mu matora asiga yemeje uzabayobora mu myaka itanu iza

Emmanuel Macron na Marine Le Pen bageze mu cyiciro cya nyuma cy’abahataniye kuyobora u Bufaransa nyuma yo gutsinda mu matora yabaye ku wa 10 Mata 2022. Bari imbere mu bakandida 12 bacyitabiriye,...
24 April 2022 Yasuwe: 964 0

Gen. Muhoozi mu byishimo by’iminsi ibiri y’isabukuru ye y’amavuko (Amafoto)

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ubwo yatangizaga isiganwa ku maguru ahitwa Kololo, nka kimwe mu bikorwa by’imyidagaduro bijyanye n’isabukuru ye, yavuze ko ibi birori biri mu gihugu hose.
24 April 2022 Yasuwe: 4035 0

M23 n’Ingabo za Leta ya Congo bongeye kurwana nyuma yo kutitabira ibiganiro

Ni imirwano ije mu gihe harimo kuvugwa ibiganiro hagati ya Perezida Félix Tshisekedi n’abahagarariye imitwe yitwaje intwaro igera ku icumi ikorera mu Burasirazuba bwa RDC.
24 April 2022 Yasuwe: 1262 0

Umusifuzi Mukasanga Salima azasifura CAN

Umusifuzi mpuzamahanga w’umupira w’amaguru, Mukasanga Salima Radhia, yitabiriye amahugurwa y’iminsi itanu y’abazasifura CAN ya 2022 mu cyiciro cy’abagore.
24 April 2022 Yasuwe: 874 0

Etiyopiya: Abaturage bari mu Kaga k’Inzara n’Intambara bikabije

Umuryango w’abibumbye ONU wavuze ko ibigu byo mu Ihembe ry’Afurika byugarijwe bikomeye n’uruzuba rwinshi rushobora gukurura inzara abantu basaga miriyoni 20.
23 April 2022 Yasuwe: 1212 0