Perezida Félix Tshisekedi yageze I Nairobi mu rukerera nyuma y’ibyumweru bibiri gusa avuye muri uno mugi yasinyiyemo kwinjira bidasubirwaho mu muryango wa EAC.
Diyoseze Gatolika y’i New Jersey mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) yemeye kwishyura miriyoni 87.5 z’amadolari ku bantu amajana bayireze ko bakorewe ibyaha...
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’intebe w’UBwongereza Boris Johnson , bagiranye ikiganiro kuri terefoni , bagaruka ku masezerano y’ubufatanye yo kwakira abimukira mu...
Mu minsi shize nibwo urwanda rwasinye amasezerano n’igihugu cy’Ubwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda mu gihe baje mu Bwongereza mu buryo bunyuranije n’amategeko.