skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Umutwe udasanzwe w’ingabo za Kenya wahitanye ibyihebe 5 muri Congo.

Abasirikare ba Kenya (KDF) bagabye igitero mu burusirazuba bw’igihugu cya Congo mu gace ka Beni, bica ibyhebe bitanu byo mu mutwe wa Islamic state uzwi nka ( IS-CAP).
20 April 2022 Yasuwe: 1811 0

Maneko zo mu bihugu bya EAC zahagurukiye kurwanya Ibyihebe

Itsinda ry’abasirikare bakora ubutasi mu bihugu bya Afurika y’iburasirazuba bahuriye iy’ Addis Ababa muri Ethiopian,aho baganiriye ku mutekano w’akarere no kwirinda ibitero by’ibyihebe.
20 April 2022 Yasuwe: 847 0

Wa Mushinwa wakubise abakozi be abaziritse ku giti yakatiwe

Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Mata 2022, wategetse ko Umushinwa Shujun Sun afungwa imyaka 20 nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja...
20 April 2022 Yasuwe: 1833 0

Kuki ibihugu by’ubumwe bw’Uburayi bitifuza ko Le Pen yatorerwa kuyobora Ubufaransa?

Uburayi bukomeje kugaragaza igihunga butewe n’uko Le Pen uhanganye na Macron mu matora y’igihugu cy’Ubufaransa ashobora kumutsinda.
19 April 2022 Yasuwe: 2308 0

Uganda: Umurwayi wanyuma wa Covid yasezerewe

Ministeri y’ubuzima muri Uganda yatangaje ko nta murwayi wa Covid-19 ukirwariye kwa muganga,ko n’uwari usigaye ubu yamaze gusezererwa.
19 April 2022 Yasuwe: 630 0

Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM

Ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku mucuruzi.
19 April 2022 Yasuwe: 871 0

Congo na Uganda batangiye kugaba ibitero ku mitwe yitwaje intwaro mu duce twa Ituri

Igisirikare cya Uganda UPDF n’icya Congo FARDC bahuje imbaraga ,ubu bari gusuka ibisasu ku mutwe urwanya leta ya Uganda ADF ufite ibirindiro mu misozi ya Ituri.
19 April 2022 Yasuwe: 1688 0

Ibyihebe bya Al-Shabaab byigambye igitero cyangije benshi muri Somaliya

Agatsiko k’ibyihebe byo mu mutwe wa Al-Shabaab kamaze gutangaza ko ariko kari inyuma y’igitero cya gabwe ku nteko ishingamategeko muri Somalia ,aho umumotari yinjiye akiturikirizaho igisasu.
19 April 2022 Yasuwe: 444 0

Abasirikare babiri ba RDC bamaze gusinda bica 15 harimo n’abana

Abasirikare babiri barashe bica abantu 15 mu bitero bitandukanye mu majyaruguru ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC).
19 April 2022 Yasuwe: 1192 0

Afrika y’Epfo yatangaje ibihe bidasanzwe by’Akaga irimo

Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye atangaje ko igihugu kiri mu bihe by’ibyago kubera imyuzure y’imvura yateye mu majyaruguru y’igihugu.ateguza ko kongera kwiyubaka bizatwara igihe...
19 April 2022 Yasuwe: 964 0