Abasirikare ba Kenya (KDF) bagabye igitero mu burusirazuba bw’igihugu cya Congo mu gace ka Beni, bica ibyhebe bitanu byo mu mutwe wa Islamic state uzwi nka ( IS-CAP).
Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Mata 2022, wategetse ko Umushinwa Shujun Sun afungwa imyaka 20 nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja...
Ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku mucuruzi.
Igisirikare cya Uganda UPDF n’icya Congo FARDC bahuje imbaraga ,ubu bari gusuka ibisasu ku mutwe urwanya leta ya Uganda ADF ufite ibirindiro mu misozi ya Ituri.
Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye atangaje ko igihugu kiri mu bihe by’ibyago kubera imyuzure y’imvura yateye mu majyaruguru y’igihugu.ateguza ko kongera kwiyubaka bizatwara igihe...