Kuri uyu wa Kabiri kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo habereye imikino ibiri ibanza ya 1/4 mu gikombe cy’Amahoro, mu gihe i Ngoma ho habereye umukino umwe.
Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yasoje mu gihugu cya Uganda , Perezida Paulo Kagame w’u Rwanda yumvikanye yongera guhamagarira leta ya Repubulika ya demokarasi ya Kongo n’abo bashyamiranye kurangiriza...