Abarumu bigisha mu bigo by’amashuri abanza ya Leta muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo bazindukiye ku biro by’urugaga rwabo (SYNEEPP) kuhakorera imyigaragambyo idahagarara.
Minisitiri y’Ingabo ya Suède yatangaje ko indege y’ubutasi y’u Burusiya kuwa Gatanu yagurutse mu kirere cy’icyo gihugu cyo mu Majyaruguru y’u Burayi, nta ruhushya ibifitiye.
Umuryango wa Paul Rusesabagina wijyanye mu rukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika usaba indishi y’akababaro ya miriyoni 400 z’amadorari y’abanyamerika.
Uyu muryango wasobanuye ko iyo...
Mu Nama Nkuru y’Umuryango FPR Inkotanyi yari iri kuba ku nshuro ya 15,Perezida Kagame yababwiye ko bakwiriye kurangwa n’imico myiza ndetse n’indangagaciro zo kwishakamo ibisubizo, bumva ko uko...
Mu itangazo RMC yashyize hanze kuri uyu wa Gatandatu, ubuyobozi bw’Umuryango bwatangaje ko Abayisilamu bose ko isengesho ryo kuri uwo munsi mukuru wa Eidil-Fit’ri ku rwego rw’igihugu rizabera kuri...
Liyetena Jenerali (Lt Gen) Sami Sadat avuga ko amezi umunani y’ubutegetsi bw’aba Taliban yatumye abenshi mu banya Afghanistan batahura ko inzira ya gisirikare ari yo yonyene ishobora guhindura ibintu.