Umugore wa perezida wa Amerika yahuye na mugenzi we Olena Zelenska muri Ukraine mu gihe Washington yatangaje ibihano bishya kuri Moscow. Aba bagore bombi bahuriye ku ishuri riri mu mujyi wa...
Guverinoma ya Congo yatangaje ko ubwicanyi bwibasiye abaturage mu gace Massasi butazigera buhungabanya urugendo igihugu cyatangiye rugamije kugarura amahoro.
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we Salva Kiir, i Juba muri Sudani y’Amajyepfo, mu biganiro bigamije gushaka uburyo impande zombie zahangana no kugarura amahoro n’umutekano mu...
Ku mupaka munini uhuza imijyi ya Gisenyi na Goma, Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Kambogo Ildephonse yakiriye mugenzi we w’Umujyi wa Goma, Makosa François basura ibikorwa by’iterambere biri mu Mujyi...
Ikipe ya Gisagara Volleyball irimo kubarizwa mu gihugu cya Tunisia mu mujyi wa Kelibia yatangiye neza itsinda ikipe y’igihangange yo muri Cameroon yitwa Port de Douala aho iyitsinze amaseti 3 kuri 1.
Muri leta zunze ubumwe za America haravugwa umusore witwa Ben Ford w’imyaka 32 na nyina umubyara Kim West w’imyaka 51 bamaze igihe barahindutse nk’umugore n’umugabo kubera guhora bakora imibonano...
Imibare ya Minisiteri y’Ingabo mu Bwongereza yagaragaje ko abimukira 761 ari bo bamaze kwinjira mu Bwongereza mu minsi itandatu y’uku kwezi kwa Gicurasi gusa, byatumye umubare w’abinjiye kuva uyu...