skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Abasaga miriyoni 8 nibo bamaze kuba impunzi muri Ukraine

Abantu babarirwa muri miliyoni umunani nibo bivugwa ko bakuwe mu byabo n’intambara Uburusiya bwa shoje muri Ukraine.
10 May 2022 Yasuwe: 451 0

M23 yatangaje ko yarekuye umusirikare wa Congo yarifunze

M23 yatangaje ko uwo musirikare yashyikirijwe Komite y’umuryango utabara imbabare wa CICR.
10 May 2022 Yasuwe: 852 0

Laurent Bucyibaruta ukurikiranyweho ibyaha bya Jenocide yitabye urukiko mu Bufaransa

I Paris mu Bufaransa haraye hatangiye urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro mu majyepfo y’u Rwanda, ushinjwa ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside...
10 May 2022 Yasuwe: 370 0

Abikorera bapfusha ubusa amasezerano u Rwanda rugirana n’ibindi bihugu (MINAFFET)

Mu kiganiro n’abayobozi b’urugaga rw’abikorera 400 bari mu mwiherero mu karere ka Bugesera, Umujyanama muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Amb. Monique Mukaruliza yagaragaje ko uretse amasezerano...
10 May 2022 Yasuwe: 326 0

Papa Fransisiko ntakigiye muri Libani kubera uburwayi, gusa kuza muri DRC byo birakomeza

Papa Faransisiko yasubitse urugendo yari kuzagira muri Libani mu kwezi gutaha kwa gatandatu kumpamvu y’uko ubuzima bwe butameze neza.
10 May 2022 Yasuwe: 738 0

Ingendo Perezida Samia ari gukora mu bihugu bya EAC zivuze iki mu bucuruzi?

Nyuma y’uruzinduko asoje mu gihugu cya Kenya, Perezida Samia yageze muri Uganda mu ruzinduko rw’iminsi 2 ku butumire na mugenzi we Museveni.
10 May 2022 Yasuwe: 500 0

DRC: Babiri bashinjwa gukorana na ADF bakatiwe imyaka 20 y’igifungo

Abagabo babiri b’aba Congomani nibo bakatiwe imyaka 20 y’igifungo nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba mu mutwe witwaje intwaro urwanya Leta ya Uganda ADF n’ubufatanya cyaha mu bikorwa by’ubwicanyi...
10 May 2022 Yasuwe: 166 0

Uganda yarekuye abanyeshuri ba Kenya yari ifunze nyuma yo kwishyurwa amadorari 400

Abana b’abanyeshuri bagera muri 4 bo mu gace ka Busia muri Kenya nibo bari bafungiye muri Uganda nyuma yo gufatirwa muri Victoria barenze imbibe, bafungirwa muri gereza ya Luzira.
10 May 2022 Yasuwe: 260 0

I Moscow bizihije ku ncuro ya 77 intsinzi mu ntambara batsinzemo Aba-Nazi mu ntambara ya kabiri y’Isi

Mu ijambo ryamaze iminota 11 gusa, Perezida Vladimir Putin yirinze kugira icyo avuga ku ntambara ya gabye muri Ukrane, haba ku kuvuga aho igeze, abayiguyemo cyangwa igihe isigaje ngo irangire.
9 May 2022 Yasuwe: 1003 0

Amanota ya Perezida Uhuru Kenyatta ku buyobozi bwa EAC

Mugihe isaha igenda yerekeza ku gusohoka kwa Perezida Uhuru Kenyatta ku mwanya w’ubuyobozi bw’inama y’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC), hakomeje ibitekerezo bihabanye kucyo...
9 May 2022 Yasuwe: 600 0