Ishimwe Dieudonne ’Prince Kid’, yasomewe iki cyemezo cy’Urukiko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 16 Gicurasi 2022 ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
Kapiteni Mwila Chansa wo mu ngabo za Zambia yemerewe kurera bigoranye umwana yahuye na we bwa mbere ubwo yari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bw’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) muri Centrafrique.
Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa Mbere rwakomeje kuburanisha Laurent Bucyibaruta wabaye perefe w’iyari Perefegitura ya Gikongoro akaba akurikiranwa ku byaha bya Jenoside...
Abategetsi bavuga ko umugabo wo muri Amerika ucyekwaho kwica arashe abantu 10 mu iduka rinini ryo mu mujyi wa Buffalo muri leta ya New York, yahisemo ku bushake ahantu hatuwe n’abirabura benshi.
Byatangiye kuboneka saa 05:29 ku isaha y’i Butansinda bwa Kigoma ya Ruhango mu Rwanda, icyo gihe ubwirakabiri bwuzuye bwatangiye kuboneka mu gice cy’uburengerazuba bw’isi.