Banki y’isi yavuze ko Afurika y’uburasirazuba n’ibice bimwe by’Uburayi ari byo byugarijwe mu buryo bw’umwihariko n’ikiguzi cy’imibereho cya mbere kiri hejuru.
Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo byatangaje ko mu gihe cy’iminsi itaru Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri iki gihugu asura umugi wa Bukvu.
Ubwo yagezaga ijambo rye ngaruka mwaka rigaragaza uko igihugu gihagaze ku nteko ishinga amategeko muri Uganda , Perezida Museveni yagarutse ku mutekano muke uvugwa mu bihugu byo mu karere.
Ntezimana Jean Claude akaba n’umunyamabanga uhuraho wa Green Party. avuga ko n’ N’ubwo hari Impamvu zo gutera Congo na FDLR twe dusaba ko haba ibiganiro.