Ibiciro ku masoko mu Rwanda no mu karere bikomeje kuzamuka umunsi ku wundi ,arinako bikomeza kugora umuguzi usanzwe kutoroherwa n’ubuzima kubera umushahara utajyanye n’igihe no kubura akazi kuri...
Mu kiganiro n’itangazamakuru ku buzima bw’igihugu, Minisitiri w’Intebe yavuze ko kuba Leta yiyemeza gukurikirana Umuyobozi wo ku rwego rwa minisitiri ari ikimenyetso nta kuka ko nta kujenjekera...
Umubano w’u Rwanda na Uganda ukomeje gutera intambwe uzahuka umunsi ku wundi bigendeye ku buryo ibihugu byombi byatangiye ubufatanye mu bijyanye n’umutekano no gukurikirana abanyabyaha....
Mu binyamakuru byo mu Rwanda hakomeje kugaragaramo inkuru ya Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ubu uri gukurikiranwa n’inzego kubera ibyaha bya...