Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa, bigera n’aho basaba abaturage amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’Amashilingi kugira ngo babahuze na we.
Nyuma yo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora Minisiteri y’Ingabo mu gihugu muri Guverinoma ya Suminwa II, Minisitiri w’Ingabo akaba n’Umunyamabanga wa Leta wungirije, Bwana Guy Kabombo...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rigaragaza ko kugira ngo iki gihugu kijye ku murongo, imitegekere yacyo ikwiye gushingira kuri ‘Fédéralisme’...
Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu barimo umunyezamu Ntaribi Steven na Nduwayo Valeur ukina hagati mu kibuga, mu rwego rwo kugabanya umubare w’abo izakoresha mu mwaka utaha w’imikino.