skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Perezida Museveni yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko abakozi bo mu biro bye bamunzwe na ruswa, bigera n’aho basaba abaturage amafaranga agera kuri miliyoni 30 z’Amashilingi kugira ngo babahuze na we.
11 August 2025 Yasuwe: 417 0

Guy Kabombo yavuze ikizamufasha kuzahura igisirikare cya Congo yahawe

Nyuma yo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora Minisiteri y’Ingabo mu gihugu muri Guverinoma ya Suminwa II, Minisitiri w’Ingabo akaba n’Umunyamabanga wa Leta wungirije, Bwana Guy Kabombo...
11 August 2025 Yasuwe: 1365 0

Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira muzabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

Impuzi zisaga ibhumbi 10 (10 000) zataye ingo zabo mu burasirazuba bwa Kongo zikomeje kwifuza gutaha.Ariko zikabangamirwa n’ibitero by’ubuje ubukana bya ADF .
11 August 2025 Yasuwe: 277 0

AFC/M23 yifuza ko RDC igira imiyoborere nk’iya Amerika

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rigaragaza ko kugira ngo iki gihugu kijye ku murongo, imitegekere yacyo ikwiye gushingira kuri ‘Fédéralisme’...
7 August 2025 Yasuwe: 1085 0

Hakozwe amadarubindi akoresha ikoranabuhanga rya ’AI’

Sosiyete ya Brilliant Labs igiye gushyira ku isoko amadarubindi mashya akoranye ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rya Noa AI, yitwa Halo agura 299$, afite ubushobozi bwo kumva no gusobanukirwa...
7 August 2025 Yasuwe: 732 0

Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu

Musanze FC yasezereye abakinnyi batandatu barimo umunyezamu Ntaribi Steven na Nduwayo Valeur ukina hagati mu kibuga, mu rwego rwo kugabanya umubare w’abo izakoresha mu mwaka utaha w’imikino.
7 August 2025 Yasuwe: 774 0

Buri Karere Kagiye Kugira Ishuri Rya TVET Ryihagazeho

Eng.Paul Mukunzi uyobora Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Tekinike Imyuga n’Ubumenyingiro, RTB, avuga ko mu myaka iri imbere buri Karere kazubakwamo ikigo cyigisha ubwo bumenyi kiri ku rwego ruhambaye.
6 August 2025 Yasuwe: 479 0

Umukuru wa UDPS yibasiye abagaragaza ko bakunda Tshisekedi kurusha uwamubyaye

Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka UDPS riri ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Augustin Kabuya, yibasiye abagaragaza ko bakunda Perezida Félix Tshisekedi kurusha umubyeyi we.
6 August 2025 Yasuwe: 426 0

U Rwanda ruzatangira gupima Mburugu hifashishijwe uburyo bwa ‘rapid test’ mu 2026

U Rwanda ruri mu myiteguro yo gutangiza uburyo bwo gupima mburugu butanga ibisubizo byihuse (rapid test) bitarenze mu ntangiriro za 2026.
6 August 2025 Yasuwe: 534 0

Lydia Nsekera yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’umuco mu Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagize Lydia Nsekera Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’umuco asimbuye Abayeho Gervais wari kuri uwo mwanya kuva muri Ukwakira 2023.
6 August 2025 Yasuwe: 1344 0