skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Kigali: Polisi yafashe umugabo ukekwaho kwinjiza mu Rwanda ibilo 37 by’urumugi

Polisiy’ u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yafashe Hakizimana Modeste w’imyaka 45 ukekwaho kwinjiza mu Rwanda ibilo 37 by’urumogi aruvanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
2 May 2025 Yasuwe: 401 0

Ba rwiyemezamirimo bagitangira bagowe n’igishoro kidahagije

Hari ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko bagaragaza ko baba bafite ibitekerezo by’imirimo mishya bahanga ariko igishoro cyo gushyira mu ngiro ibyo batekereza kikababera...
2 May 2025 Yasuwe: 135 0

Hateganyijwe imvura iri ku kigero cy’impuzandengo cy’isanzwe igwa

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya mbere cy’ukwezi kwa Gicurasi 2025 (kuva taliki ya 1 kugeza ku ya 10), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya...
2 May 2025 Yasuwe: 304 0

DR Congo – Rwanda: ’Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari’ - Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirashishikariza u Rwanda na DR Congo kugera ku masezerano y’amahoro azagendana n’amasezerano y’ishoramari rya miliyari z’amadorari mu ishoramari ku mabuye y’agaciro,...
2 May 2025 Yasuwe: 274 0

Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba: JD Vance

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine itari hafi kurangira, avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya...
2 May 2025 Yasuwe: 185 0

SADC yemeje ko ingabo zayo ziri kuva muri RDC

Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wemeje ko ingabo zawo zari zimaze umwaka n’igice mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziri gutaha, zinyuze mu...
2 May 2025 Yasuwe: 284 0

Hagaragajwe ko Amerika iri gusaba ibiganiro n’u Bushinwa

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyizeho umusoro wa 145% ku bicuruzwa bituruka mu Bushinwa, nabwo bugashyiraho uwa 125% ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, amakuru aravuga ko icyo...
2 May 2025 Yasuwe: 149 0

RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema Tharcisse w’imyaka 59, bakurikiranyweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakaba bari barakatiwe...
2 May 2025 Yasuwe: 679 0

Urukiko rwa Loni rwagaragaje ko gufungura Kabuga Félicien by’agateganyo bitakoroha

Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, rwagaragaje ko gufungura by’agateganyo Kabuga Félicien bitakoroha mu gihe atarabona...
1 May 2025 Yasuwe: 444 0

Ibihugu bya Pakistan n’u Buhinde byongeye kurasanaho

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi, ibihugu by’u Buhinde na Pakistan byongeye guhererekanya urufaya rw’amasasu muri Kashmir, agace ibihugu byombi bimaranira.
1 May 2025 Yasuwe: 397 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 4330