skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

U Rwanda ruzakira izindi mpunzi z’Abanyarwanda 1000 zivuye muri DRC

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, (UNHCR) ryatangaje ko u Rwanda rushobora kuzakira impunzi z’Abanyarwanda 1 000 zitahutse zivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC)...
23 July 2025 Yasuwe: 454 0

Imyigaragambyo yakaze i Kiev, Zelensky yiswe ‘sekibi’

Ibihumbi by’Abanya-Ukraine bakoze imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana umwanzuro wo gushyigikira itegeko rikuraho ubwigenge bw’ibigo bya NABU na SAPO bishinzwe kurwanya ruswa muri iki gihugu.
23 July 2025 Yasuwe: 830 0

Rayon Sports yatangiye gukora imyitozo inshuro ebyiri ku munsi

Ikipe ya Rayon Sports imaze ibyumweru itangiye kwitegura umwaka mushya w’imikino wa 2025/26, yashyizeho uburyo bwo gukora imyitozo inshuro ebyiri ku munsi.
23 July 2025 Yasuwe: 538 0

Sida ntivurwa n’amasengesho- RBC

Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa n’amasengesho kuko kugabanuka kw’ingano yayo mu mubiri hari abashobora kubyita ukundi, bikagera n’aho umuntu...
22 July 2025 Yasuwe: 617 0

Musanze: Umusore w’imyaka 33 bamusanze mu murima w’ibirayi yapfuye

Umusore w’imyaka 33 witwa Nzeyimana, yasanzwe mu murima w’ibirayi wa Niyireba Eric yapfuye, mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Bisoke, Umudugudu wa Bunyenyeri mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki...
22 July 2025 Yasuwe: 517 0

Rusizi: Haciwe umuvuno mushya wo gushakira amikoro ’Espoir FC’

Abakunzi ba Espoir FC yo mu Karere ka Rusizi binjiye mu mushinga ’Espoir yanjye’ watangijwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe bavuga ko uzagabanya ibibazo byo gutinda guhemba n’amadeni yayizengereje.
22 July 2025 Yasuwe: 318 0

Imvura yo mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga ryageze hejuru y’inyanja y’u Buhinde

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko imvura yaguye mu Mpeshyi yatewe n’itsinda ry’imiyaga risanzwe rizenguruka Isi ryageze hejuru y’inyajya y’u Buhinde...
22 July 2025 Yasuwe: 324 0

Amerika ntikiri kubarizwa muri UNESCO yamaze kwikuramo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zitakiri umunyamuryango w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO.
22 July 2025 Yasuwe: 374 0

Amerika yongereye 250$ ku mafaranga yakwa abajyayo barimo Abanyarwanda

Abantu batandukanye basura Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagiye kujya basabwa kwishyura 250$ (igihe bemerewe Visa) yiyongera ku giciro gisanzwe cya Visa bitewe n’iyo ushaka.
22 July 2025 Yasuwe: 489 0

Umusaruro w’ibikorerwa mu Rwanda byoherezwa mu mahanga wazamutseho 11,4%

Raporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yagaragaje ko umusaruro w’ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda byoherejwe mu mahanga wazamutseho 11.40% mu gihembwe cya mbere cya 2025...
22 July 2025 Yasuwe: 162 0