Umusore w’imyaka 33 witwa Nzeyimana, yasanzwe mu murima w’ibirayi wa Niyireba Eric yapfuye, mu Murenge wa Kinigi, Akagari ka Bisoke, Umudugudu wa Bunyenyeri mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki...
Abakunzi ba Espoir FC yo mu Karere ka Rusizi binjiye mu mushinga ’Espoir yanjye’ watangijwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe bavuga ko uzagabanya ibibazo byo gutinda guhemba n’amadeni yayizengereje.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zitakiri umunyamuryango w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi, siyansi n’umuco, UNESCO.
Abantu batandukanye basura Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagiye kujya basabwa kwishyura 250$ (igihe bemerewe Visa) yiyongera ku giciro gisanzwe cya Visa bitewe n’iyo ushaka.