Mu kiganiro cyiswe ‘30 ans ça suffit!’ gitambuka kuri Radiyo na Televiziyo by’igihugu (RTNC) kuva tariki ya 15 Mata 2024, Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...
Abategetsi babiri bo ku rwego rwo hejuru mu Muryango w’Abibumbye barimo gusaba Ubwongereza kuburizamo gahunda yabwo yo kujyana mu Rwanda abasaba ubuhungiro.
Ihuriro ry’amashyaka ari ku butegetsi muri DR Congo ryananiwe kumvikana ku mukandida ryatanga ku mwanya w’umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko ya DR Congo. Bigeze aho uyu munsi iri...
Amafoto mashya yafashwe n’ibyogajuru aragaragaza ko igisasu Isirayeli iheruka kurasa kuri Irani mu mujyi wa Isfahan cyahamije ibyuma bya radari birinda ikirere byakorewe mu Burusiya. Ibi ni byo...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa kamwe mu tugari tugize umurenge wa Kigeyo w’akarere ka Rutsiro washinjwaga na mugenzi we usanzwe ari Sedo muri kamwe mu tugari tugize umurenge wa Mushonyi...