Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushinga uzagezwa ku Nteko...
Umuvugizi w’Ihuriro, Alliance Fleuve Congo, Laurence Kanyuka yavuze ko Radio Okapi itabaha umwanya ngo bavuge ku makuru itangaza, iyi radio ivuga ko mu bice bigenzurwa na M23 hakomeje kubera...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu kigo nderabuzima cya Gashaki, bigatuma...
Nigeria yinjiye mu bihugu birimo u Rwanda byasabye ubuyobozi bwa Formula One ko byifuza kongera kwakira Grand Prix y’iri siganwa nyuma y’imyaka 32 ritabera muri Afurika.
Umuhanzi mu njyana gakondo, Lionel Sentore, uri kwitegura gukora igitaramo azamurikiramo album ye ya mbere yitiriye indirimbo “Uwangabiye’’, yamamaye mu 2024 mu bikorwa byo kwamamaza Perezida Paul...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo.