skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushinga uzagezwa ku Nteko...
28 July 2025 Yasuwe: 623 0

AFC/M23 yashinje radio Okapi kuyikumira mu gutanga ibitekerezo

Umuvugizi w’Ihuriro, Alliance Fleuve Congo, Laurence Kanyuka yavuze ko Radio Okapi itabaha umwanya ngo bavuge ku makuru itangaza, iyi radio ivuga ko mu bice bigenzurwa na M23 hakomeje kubera...
28 July 2025 Yasuwe: 778 0

Gakenke: Umaze kubagwa incuro 14 kubera uburwayi aratabaza

Mu myaka 15 amaze yivuriza mu bitaro binyuranye, Musabinema Laurence w’imyaka 32 amaze kubagwamo inshuro 14 kubera uburwayi bw’ibibyimba afite mu nda.
28 July 2025 Yasuwe: 846 0

Muri Gashaki bari guhitamo kwivuza magendu nyuma yo kubura serivise z’amenyo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gashaki mu Karere ka Musanze, bavuga ko bamaze igihe kinini baratakaje icyizere cyo kubona serivisi z’ubuvuzi bw’amenyo mu kigo nderabuzima cya Gashaki, bigatuma...
28 July 2025 Yasuwe: 574 0

Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi(Amafoto)

Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri rushanwa ryari rimaze ritaba; mu birori byitabiriwe n’Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye.
26 July 2025 Yasuwe: 959 0

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

Nigeria yinjiye mu bihugu birimo u Rwanda byasabye ubuyobozi bwa Formula One ko byifuza kongera kwakira Grand Prix y’iri siganwa nyuma y’imyaka 32 ritabera muri Afurika.
26 July 2025 Yasuwe: 357 0

Umuyobozi w’ikigega cyari kibitsemo amafaranga Mutamba ashinjwa kunyereza yafunzwe

Urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza mu by’imari (CENAREF) rwataye muri yombi Umuyobozi w’Ikigega kibikwamo amafaranga yagenewe abagizweho ingaruka n’ibyaha...
26 July 2025 Yasuwe: 754 0

Minisitiri Nduhungirehe yakiriye Lionel Sentore

Umuhanzi mu njyana gakondo, Lionel Sentore, uri kwitegura gukora igitaramo azamurikiramo album ye ya mbere yitiriye indirimbo “Uwangabiye’’, yamamaye mu 2024 mu bikorwa byo kwamamaza Perezida Paul...
26 July 2025 Yasuwe: 682 0

U Budage bugowe no kubona abasirikare bashya

Leta y’u Budage iri kugorwa no kubona abasirikare bashya nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kongera gushora imari mu gisirikare no kukivugurura, kubera ibyago by’umutekano kivuga ko...
26 July 2025 Yasuwe: 613 0

Masisi: AFC/M23 yafashe akandi gace nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafashe agace ka Mulema muri teritwari ya Masisi nyuma yo kugabwaho igitero na Wazalendo.
26 July 2025 Yasuwe: 1032 0