skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

DR Congo – Rwanda: ’Amahoro azazana n’amasezerano ya miliyari z’amadorari’ - Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirashishikariza u Rwanda na DR Congo kugera ku masezerano y’amahoro azagendana n’amasezerano y’ishoramari rya miliyari z’amadorari mu ishoramari ku mabuye y’agaciro,...
2 May 2025 Yasuwe: 304 0

Intambara ya Ukraine n’u Burusiya ntizarangira vuba: JD Vance

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine itari hafi kurangira, avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya...
2 May 2025 Yasuwe: 198 0

SADC yemeje ko ingabo zayo ziri kuva muri RDC

Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) wemeje ko ingabo zawo zari zimaze umwaka n’igice mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziri gutaha, zinyuze mu...
2 May 2025 Yasuwe: 304 0

Hagaragajwe ko Amerika iri gusaba ibiganiro n’u Bushinwa

Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyizeho umusoro wa 145% ku bicuruzwa bituruka mu Bushinwa, nabwo bugashyiraho uwa 125% ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, amakuru aravuga ko icyo...
2 May 2025 Yasuwe: 160 0

RIB yataye muri yombi babiri bahamijwe icyaha cya Jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Murindabyuma Jean w’imyaka 48 na Shema Tharcisse w’imyaka 59, bakurikiranyweho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bakaba bari barakatiwe...
2 May 2025 Yasuwe: 728 0

Urukiko rwa Loni rwagaragaje ko gufungura Kabuga Félicien by’agateganyo bitakoroha

Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, rwagaragaje ko gufungura by’agateganyo Kabuga Félicien bitakoroha mu gihe atarabona...
1 May 2025 Yasuwe: 463 0

Ibihugu bya Pakistan n’u Buhinde byongeye kurasanaho

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi, ibihugu by’u Buhinde na Pakistan byongeye guhererekanya urufaya rw’amasasu muri Kashmir, agace ibihugu byombi bimaranira.
1 May 2025 Yasuwe: 409 0

Ingabo zindi za SADC zirava Goma zice mu Rwanda zitaha

Izindi ngabo umuryango wa SADC wari warohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23, ziranyura mu Rwanda uyu munsi.
1 May 2025 Yasuwe: 1027 0

Uwari wagizwe Perezida w’agateganyo wa Korea y’Epfo nawe yeguye

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, uwari perezida w’agateganyo wa Koreya y’Epfo, Han Duck-soo, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye.
1 May 2025 Yasuwe: 410 0

RDC yitandukanyije na SADC ishyigikiye ubwigenge bwa Sahara Oriental

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitandukanyije n’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) ibereye umunyamuryango ku bwigenge bwa Sahara Oriental.
1 May 2025 Yasuwe: 946 0
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 4400