Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirashishikariza u Rwanda na DR Congo kugera ku masezerano y’amahoro azagendana n’amasezerano y’ishoramari rya miliyari z’amadorari mu ishoramari ku mabuye y’agaciro,...
Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, JD Vance, yaciye amarenga ko intambara iri guhuza u Burusiya na Ukraine itari hafi kurangira, avuga ko igikenewe ari uko Ukraine n’u Burusiya...
Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishyizeho umusoro wa 145% ku bicuruzwa bituruka mu Bushinwa, nabwo bugashyiraho uwa 125% ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, amakuru aravuga ko icyo...