skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

MINEDUC yagize icyo ivuga ku barimu bakorera akazi kure y’imiryango basaba kuyegerezwa

Abarimu bakorera akazi kure y’imiryango yabo n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri, basaba ko imyaka 3 yagenwe ngo bemererwe kwimurwa yagabanywa kuko bikomeje kuba intandaro y’isenyuka ry’imwe mu miryango.
13 July 2025 Yasuwe: 797 0

Perezida Museveni yirukanye abarenga 150 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yategetse Ikigo gishinzwe iby’Indege za Gisivili muri Uganda, UCAA, kwirukana abakozi 152 bakoreraga ku kibuga cy’indege cya Entebbe bahawe akazi batujuje ibisabwa.
13 July 2025 Yasuwe: 736 0

Rutsiro: Umusore afungiye gusambanya umwana ufite ubumuga

Kwizera Olivier w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Ruhimbi, Akagari ka Gatare, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Ruhango akekwaho...
13 July 2025 Yasuwe: 532 0

Muhammed Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana

Muhammed Buhari wabaye Perezida wa Nigeria inshuro ebyiri, yitabye Imana kuri iki Cyumweru, afite imyaka 82.
13 July 2025 Yasuwe: 528 0

Ntabwo Virusi itera SIDA yacitse irahari- Minisitiri Dr. Nsanzimana

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Nsanzimana Sabin, yagaragaje ko Virusi itera SIDA igihari itigeze icika nkuko bamwe babitekereza kandi yugarije cyane urubyiruko.
13 July 2025 Yasuwe: 487 0

Imvura izagabanyuka, hiyongere ubukonje mu gice cya kabiri cya Nyakanga

Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko imvura izakomeza kugwa mu bice byinshi by’igihugu mu gice cya kabiri cya Nyakanga 2025, ariko ibe nke ugereranyije no...
13 July 2025 Yasuwe: 506 0

Burera:Ingo 621 z’i Burera zibanye mu makimbirane

Umuyobozi w’Akarere ka Burera, Mukamana Solina, yatangaje ko nyuma y’uko babaruye ingo 621 zifitanye amakimbirane, batangiye kuzisura no kuziganiriza kugira ngo ziyavemo.
13 July 2025 Yasuwe: 302 0

Imanza ziburanishwa n’abunzi zasabiwe guhabwa umwihariko

Bamwe mu baturage n’abunzi ubwabo basabye ko itegeko rigenga Komite z’Abunzi ryavugururwa kuko ngo hari zimwe mu ngingo zirigize zitakijyanye n’igihe, cyane cyane nk’igena ko imanza ziburanishwa...
13 July 2025 Yasuwe: 301 0

PSG na Chelsea zirahura ku mukino wanyuma wa Club World Cup

Hasigaye amasaha make hakamenyekana ikipe yegukana Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2025 na miliyoni zirenga 125$, hagati ya Chelsea na Paris Saint-Germain.
13 July 2025 Yasuwe: 594 0

Umukecuru yasanzwe mu cyobo cy’ubwiherero ari muzima nyuma y’iminsi ibiri abuze

Nyiramisago Anastasie w’imyaka 80 wo mu Karere ka Nyamasheke wari umaze iminsi ibiri ashakishwa, yasanzwe mu cyobo cy’ubwiherero ari muzima.
13 July 2025 Yasuwe: 676 0