U Bushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rigaragaza ko rifite icyuho cy’arenga miliyari 2,5$ mu ngengo y’imari ya 2026/2027 yari iteganyijwe ko izaba ingana na miliyari...
Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR basigaye...
Tehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera...