Minisitiri w’abakozi ba leta n’imibereho myiza muri Cuba, Marta Elena Feitó-Cabrera, yahatiwe kwegura ku mwanya we nyuma y’amagambo yavugiye mu kiganiro mu nteko ishingamategeko, akavuga ko nta...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yagiranye ikiganiro kuri Telefone na Rashid Meredov Visi Perezida w’Inama y’Abaminisitiri akaba na Minisitiri w’Ububanyi...
Ku wa mbere, mu cyumba cyitwa ’Oval Office’ cyo mu biro bya perezida w’Amerika (White House), Perezida Donald Trump yavugaga mu mvugo ikakaye, atangaza izindi ntwaro Amerika igiye koherereza...
Guhoberana kwa Perezida w’inteko ishingamategeko ya RD Congo na Visi perezida w’inteko ishingamategeko y’u Rwanda biri mu byaranze umunsi wa nyuma w’Inama ya 50 y’ihuriro ry’abagize inteko...
Rafael York wari umaze amezi atandatu muri ZED FC yo mu Misiri yerekeje muri IK Oddevold yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Suède asinya amasezerano y’umwaka.
Umunyamideri, Umukinnyi wa filime akaba na Nyampinga wa Tanzania ubitse ikamba rya 2006, Wema Sepetu yanyomoje ibihuha byazengurutse ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko yitabye Imana avuga ko nubwo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko imbaraga zashyizwe mu kwita ku bafite virusi itera Sida mu Rwanda zitanga umusaruro kuko muri uyu mwaka wa 2025, abayifite bari hejuru y’imyaka 50 bagera kuri 30%...