skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Babiri bapfuye abandi benshi barakomereka mu gitero cy’Uburusiya ku kigo cy’ubucuruzi

Abategetsi bavuze ko abantu nibura babiri bishwe naho abandi 27 barakomereka mu gitero cy’Uburusiya cyo mu kirere ku kigo cy’ubucuruzi no ku isoko mu mujyi wa Dobropillia, mu karere ka Donetsk mu...
17 July 2025 Yasuwe: 549 0

Gen Muhoozi yavuze ko we na Bobi Wine bapfa umwenda amurimo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu byo apfa na Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ harimo amafaranga yamugurije ntiyayamwishyura.
16 July 2025 Yasuwe: 714 0

Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n’umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo

Umushabitsi akaba n’umunyamideri Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n’umuherwe akaba n’umuhungu wa Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa witwa Tumelo Ramaphosa.
16 July 2025 Yasuwe: 848 0

Trump wemereye Zelensky intwaro yamubujije kurasa ku Burusiya

Donald Trump, yavuze ko Ukraine idakwiye kurasa mu Burusiya, nyuma y’uko hari hamaze iminsi havugwa amakuru ko uyu muyobozi wa Amerika yashishikarije Ukraine kurasa ku mijyi ikomeye yo muri iki...
16 July 2025 Yasuwe: 497 0

Guverineri Kayitesi yavuze ku bakozi bivugwa ko begujwe muri Nyamagabe

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alice Kayitesi, yavuze ku bakozi b’Akarere ka Nyamagabe begujwe n’Inama Njyanama, bamwe muri bo bakemera kwandika basezera akazi abandi bakabyanga nk’uko...
16 July 2025 Yasuwe: 657 0

Abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini gitanga ibisubizo bitatu icyarimwe

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko abagore batwite bagiye kujya bafatwa ikizamini kimwe cy’amaraso gisuzumirwemo icyarimwe Virusi itera SIDA, mburugu na Hépatite B, aho gufata...
16 July 2025 Yasuwe: 698 0

RDC:Haravugwa Abasirikare bagera kuri 200 bateye urugo rwa Kabila i Lubumbashi

Abasirikare benshi bo mu mutwe w’ingabo zirinda abayobozi bakuru (GR) bateye urugo rwa Joseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ruherereye i Lubumbashi mu ntara ya...
16 July 2025 Yasuwe: 662 0

Gen Tshiwewe akekwaho gushaka kwivugana Perezida Tshisekedi

Général Christian Tshiwewe Songesha wabaye Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2022 kugeza mu 2024, akekwaho gushaka kwica Perezida Félix Tshisekedi.
16 July 2025 Yasuwe: 724 0

Intumwa Ya Museveni Yagejeje Ubutumwa Bwe Kuri Tshisekedi

Pasiteri bwite wa Perezida Museveni witwa Dr. Robert Kayanja yagejeje ubutumwa bwe kuri Perezida Felix Tshisekedi
16 July 2025 Yasuwe: 613 0

Menya ibyo kwitaho ku mwana uvukanye Diyabete 1

Umwana ashobora kuvukana diyabere yo mu bwoko bwa mbere, bitewe n’impamvu zitandukanye, bikaba bisaba ko yitabwaho by’umwihariko, ngo ubuzima bwe bubungabungwe, kandi iyo hakurikijwe inama za...
16 July 2025 Yasuwe: 500 0