Abanyeshuri ba kaminuza ya Columbia iri muri Leta ya New York muri Amerika batawe muri yombi bazira imyigaragambyo yamagana intambara ya Isiraheli muri...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 8 Gicurasi 2025 i Vatican hongeye kugaragara umwotsi w’umukara bivuze ko Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi...
Nyuma ya misa ya mu gitondo kuri uyu wa kane kuri Bazilika nto ya Kabgayi mu Rwanda bamwe mu bakristu gatolika bambwiye ko bizeye ko Papa mushya yaba Umunyafurika, kandi bishobora gutungarana...
Imikino ya UEFA Champions League igeze aho rukomeye, dore ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Gicurasi 2025, ruza kwambikana hagati ya Inter Milan yo mu Butaliyani na FC Barcelone yo...
Ubusesenguzi bw’Inama y’Umutekano bwagarutse ku miyoborere y’amakipe abiri akomeye hano muri shampiyona y’u Rwanda, ariyo APR FC na Rayon Sport bugaragaza ko ibangamiye bikomeye iterambere ry’umupira...
Ubushinjacyaha bwavuze ko uretse kuba Turahirwa Moses akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, ari no gukorwaho iperereza ku bijyanye no kurucuruza.