Abadepite ba Koreya ya Ruguru bavuze ko abasirikare basaga 4 700 bagiriye ibibazo mu ntambara y’u Burusiya buhanganyemo na Ukraine, muri bo abarenga 600...
Imiryango ikomeye iharanira uburenganzira bwa muntu yongeye gusaba ko hakorwa amaperereza ku bwicanyi bwakorewe abigaragambyaga bishwe n’abashinzwe umutekano ba Kenya mu myigaragambyo yo muri...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rurimo guha inzira no guherekeza imodoka z’ingabo za SAMIDRC n’ibikoresho byazo "zirimo kuva mu burasirazuba bwa DR Congo zerekeza...
Ari i Bujumbura mu mpera z’iki cyumweru, Maxime Prevot, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi yavuze ko atari "impanuka" kuba yasuye u Burundi nyuma yo kuva i Kampala. Avuye i Bujumbura yahise...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko nta nzira y’ubusamo igomba kubaho mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano aganisha ku mahoro, u Rwanda na Repubulika Iharanira...