Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa AFC/M23, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Nyakanga 2025, zashyize umukono ku nyandiko y’amahame ngenderwaho...
Kuri uyu wa Kane ,Tariki ya 17 Nyakanga 2025 , muri Serena Hotel Kigali ,Hateraniye inama yahuje ibigo bito n’ibiciriritse ,abikorera n’abajyanama mu byubucuruzi ,mu icungamutungo ,no mu...
Leta ya DR Congo yemeye kwishyura FC Barcelona yo muri Espagne miliyoni 46$ yo kwamamaza iki gihugu hagamijwe guteza imbere ubukerarugendo bwacyo, nk’uko biri mu masezerano ibiro ntaramakuru...
Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Franck Ntumba Buamunda, akekwaho umugambi wo kugirira nabi Umukuru w’Igihugu.
Ikimanyu cy’"imbonekarimwe cyane" cy’umubumbe wa Mars – cya mbere kinini cyane cyabonetse ku isi – cyagurishijwe miliyoni 4.3 z’amadolari y’Amerika muri cyamunara yabereye i New York ku wa gatatu.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyize abayobozi mu myanya itandukanye. Abahawe inshingano bashimiye Umukuru...
Mu Bwongereza havutse abana umunani bakomoka ku babyeyi batatu badahuje amaraso na gato. Ni ikintu kibayeho bwa mbere mu mateka y’ubushakashatsi mu kubyaza kuko amaraso y’abo bana nta kibazo...