Umujyi wa Kigali watangaje ko bitarenze umwaka wa 2025 imashini zitandukanye zikoreshwa mu bubaji no gusudira mu Gakiririro ko ku Gisozi, zizaba zamaze kwimurwa hasigare hacururizwa ibikoresho...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yihanangirije Rosie O’Donnell, Umunyarwenya w’Umunyamerika ukora n’ibiganiro kuri televiziyo, avuga ko azamwambura ubwenegihugu kubera ukuntu...
Kuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu nzego zitandukanye n’abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga kuri Virusi itera SIDA, babyukiye muri siporo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa Kigali ko mu kwezi kwa Kanama 2025 buri wese azajya aba azi igihe amazi azira kuko uburyo bwo kuyasaranganya muri...
Isakoshi Birkin yakozwe na sosiyete y’Abafaransa yitwa Hermès mu 1984, iyikoreye Jane Birkin yaciye agahigo mu cyamunara yinjije hafi miliyoni 8,6 z’amayero, ikubye hafi inshuro 20 iyayibanjirije...