skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwashinje AFC/M23 gushaka gufata Uvira

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje ingabo za AFC/M23 gushaka kwambura FARDC ibice igenzura by’umwihariko Uvira, nubwo impande zombi ziri mu biganiro i Doha muri Qatar.
13 July 2025 Yasuwe: 746 0

Ibikorwa byo kubaza no gusudira bishobora guhagarikwa mu Gakiriro ko ku Gisozi

Umujyi wa Kigali watangaje ko bitarenze umwaka wa 2025 imashini zitandukanye zikoreshwa mu bubaji no gusudira mu Gakiririro ko ku Gisozi, zizaba zamaze kwimurwa hasigare hacururizwa ibikoresho...
13 July 2025 Yasuwe: 577 0

USA: Rurageretse hagati ya Perezida Trump n’Umunyarwenya Rosie

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yihanangirije Rosie O’Donnell, Umunyarwenya w’Umunyamerika ukora n’ibiganiro kuri televiziyo, avuga ko azamwambura ubwenegihugu kubera ukuntu...
13 July 2025 Yasuwe: 518 0

Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA

Kuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu nzego zitandukanye n’abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga kuri Virusi itera SIDA, babyukiye muri siporo...
13 July 2025 Yasuwe: 931 0

Trump yashyizeho imisoro ya 30% ku bicuruzwa biva i Burayi no muri Mexique

Perezida Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyashyizeho imisoro ya 30% ku bicuruzwa bituruka mu bihugu by’i Burayi na Mexique.
13 July 2025 Yasuwe: 259 0

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa Kigali ko mu kwezi kwa Kanama 2025 buri wese azajya aba azi igihe amazi azira kuko uburyo bwo kuyasaranganya muri...
12 July 2025 Yasuwe: 713 0

Uko intumwa za Amerika zari zigiye gufungirwa i Kinshasa, zigatorokeshwa

Muri Werurwe 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo intumwa eshatu kugira ngo zishyikirize Perezida Félix Tshisekedi ubutumwa bwihariye.
12 July 2025 Yasuwe: 1814 0

Isakoshi ‘Birkin’ yaciye agahigo mu cyamunara igura amayero asaga miliyoni 8

Isakoshi Birkin yakozwe na sosiyete y’Abafaransa yitwa Hermès mu 1984, iyikoreye Jane Birkin yaciye agahigo mu cyamunara yinjije hafi miliyoni 8,6 z’amayero, ikubye hafi inshuro 20 iyayibanjirije...
12 July 2025 Yasuwe: 510 0

MINEDUC yasabye ababyeyi kurinda abana ingeso mbi n’ubuzererezi mu biruhuko

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yasabye ababyeyi b’abanyeshuri muri iki gihe cy’ibiruhuko binini ko babarinda kwijandika mu ngeso mbi no kuzerera, ahubwo bakabitaho babatoza uburere bwiza yaba abato...
12 July 2025 Yasuwe: 388 0

Chameleone agiye kubaka ishuri ry’umuziki muri Sudan y’Epfo

Umuhanzi Jose Chameleone wo muri Uganda yatangaje ko agiye kubaka ishuri ry’umuziki muri Sudani y’Epfo, yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 14 ishize, Sudani...
12 July 2025 Yasuwe: 236 0