Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Abanyarwanda bageze kuri miliyoni 14,1 mu 2025, bigaragaza ko biyongereyeho ibihumbi 853 mu myaka itatu.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yerekeje muri Texas rwagati, nyuma y’icyumweru hibasiwe n’umwuzure ukabije wihayogoje. Hapfuye...
Arikiyepisikopi Gatolika wa Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Fridolin Ambongo, yagaragaje ko atizeye niba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika...
Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatoye umwanzuro usaba Félix Tshisekedi kutarenza manda yemerewe ku mwanya wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Minisitiri w’umutekano w’u Rwanda na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa DR Congo bageze i Doha muri Qatar gukurikirana ibiganiro hagati y’umutwe wa M23 na leta ya Kinshasa nk’abatumirwa, nk’uko...