Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yamaganye icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho Perezida Donald Trump yashyizeho umusoro wa 30% ku bicuruzwa biva muri Afurika y’Epfo, avuga ko...
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 cyakusanyije miliyari 3.079,8 Frw z’imisoro, yarenzeho 1,3% kuri miliyari 3.041,2 Frw cyateganyaga gukusanya.
Perezida wa Brésil, Inacio Lula da Silva, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko ikwiriye guhagarika kwitwara nk’ubwami buyoboye Isi, ahubwo igatangira kubaha ubusugire bw’ibindi bihugu.
Mvukiyehe Juvenal wayoboye Kiyovu Sports hagati ya 2020 na 2023, akayivamo adacana uwaka na bamwe mu Bayovu yatumiwe mu nama idasanzwe y’iyi kipe igowe n’ibibazo by’ubukungu.