Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu kuba yarwara cyangwa akagira ikibazo cy’ubuzima bishobora kuba ikintu kidasanzwe kandi na we ari ikiremwamuntu.
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko uburyo Félix Antoine Tshisekedi yabaye Perezida burimo ikibazo, kuko yahamagawe mu biro ahabwa ubutegetsi, kubera inyungu yari yitezweho.
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwatanze uburyo bwo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, (UPDF) Ge. Muhoozi Kainerugaba yagaragaje ko u Rwanda na Uganda byifuza amahoro arambye, ubushuti n’ubufatanye mu baturage b’ibihugu byombi ngo kuko ari ibihugu...
Mu rukerera rwo ku itariki ya 01 Ukwakira 1990, nibwo Inkotanyi zasesekaye ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba zambariye kubohora u Rwanda. Ni nyuma y’aho hari...