Indiana Pacers yatsinze Oklahoma City Thunder amanota 108-91, amakipe yombi anganya intsinzi eshatu mu mukino wa gatandatu muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA).
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena, ni bwo Skol ibinyujije mu kinyobwa cyayo cya Skol Malt, yatangaje ko ku Cyumweru, tariki ya 15 Kamena 2025, ku kibuga cyayo kiri mu Nzove hazabera mukino wa...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yongeye kwigamba ubushobozi bw’u Burusiya mu bijyanye n’intwaro kirimbuzi, avuga ko ari iza mbere ku Isi mu kuba nyinshi no kugira ikoranabuhanga rigezweho.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), Ndayishimiye Samson, yagaragaje ko mu gihe hazaba hakinwa Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025, umutekano uzaba ari wose mu Rwanda,...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Police FC, bukomeje gushimira abakozi babanye na yo mu mwaka w’imikino 2024-2025, ari na ko ibasezerera ibifuriza ibyiza ahandi bazakomereza ubuzima.