Ubuyobozi bwa Formula One (F1) bwateye utwatsi ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashakaga ko buhita bukura u Rwanda mu bihugu bya Afurika bifite amahirwe yo kwakira...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahinduye imvugo, ishinja u Rwanda kuba rufite umugambi wo guhirika ku butegetsi Perezida Félix Antoine Tshisekedi.
Igitego cyo ku munota wa nyuma cya Alphonse Davis yafashije Bayern Munich yo mu Budage kuganya na Celtic yo muri Écosse, ibona itike ya ⅛ cya UEFA Champions...
Abarwanyi ba M23 binjiye mu mujyi muto wa Kamanyola uri ku mupaka wa DR Congo, u Burundi n’u Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri, nk’uko abahatuye babivuga.
Perezida Paul Kagame yatangaje ko hari ikibazo gikomeye cy’ibihugu by’i Burayi bitavugisha ukuri mu bibazo by’umutekano muke byugarije Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasabye abahunze intambara i Bukavu n’ahandi kugaruka mu ngo zabo kuko umutekano wagarutse, anabasaba kwibanda ku bikorwa...
Ituze ryagarutse ku wa mbere mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo nyuma y’imirwano yabaye ku cyumweru yiciwemo abantu 12, abasivile n’abasirikare, nk’uko bivugwa na Radio...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ikwiye kuba gusenya umutwe wa FDLR, abanyamahanga...