Raporo ya Human Right Watch yo ku wa 10 Ukwakira 2023, igaruka cyane ku Banyarwanda baba mumahanga aho ivuga ko “u Rwanda rucecekesha abashaka kurunenga.”
Mu gihe u Rwanda rukomeje urugendo rwo guhindura Indangamuntu ikava mu buryo busanzwe igashyirwa mu buryo bw’ikorana buhanga, imyaka yo kuyitunga nayo...
Imirwano yongeye kubura mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’imitwe ishyigikiye ingabo za leta, ku ruhande rumwe, n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, ku rundi...