Arsenal yananiwe kwihagararaho imbere ya Crystal Palace zanganyije ibitego 2-2, byongerera amahirwe Liverpool yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza.
Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’abagore yisanze mu Itsinda D hamwe na Nigeria mu Gikombe cya Afurika (Afrobasket 2025) kizabera muri Côte d’Ivoire kuva tariki ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 3 Kamana...
Nyuma y’uko Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya AFC/M23 bamaze kumvikana ku guhagarika imirwano no kubikomeza mu rwego rwo gukemura impamvu muzi zakomeje guteza ibibazo no...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe w’inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije kuba bahagaritse imirwano, "nyuma y’ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha ku...
Abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo boherejwe mu rwuri rw’inka za Joseph Kabila mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Mata 2025, barashinjwa gusahura imitungo bahasanze.
Arikiyepisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yasezeye kuri Papa Francis witabye Imana tariki ya 21 Mata 2025.