Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo barimo bidatunguranye, kuko ngo byahereye mu myaka irenga 20 ishize ubwo Abatutsi...
Imikino ya UEFA Champions League yabaye mu Ijoro ryo ku wa 30 Mutarama 2025, yasize amakipe akomeye arimo Manchester City, Real Madrid, Bayern Munich, Paris Saint-Germain n’izindi, agomba gukina...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yazamuye mu ntera Brig Gen Felix Kulayigye, usanzwe ari Umuvugizi w’Igisirikare cy’iki gihugu, UPDF, amuha ipeti rya Major...
Mu mukino wa ½ w’irushanwa ry’Igikombe cy’Intwari cy’uyu mwaka, ikipe ya Police FC yatsinze Rayon Sports kuri penaliti 3-1, iyiha ubutumwa ko ruhago idakinirwa mu magambo nyuma y’uko Umuvugizi wa yo...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, ku bibazo by’umutekano mucye muri Congo, bemeranya ko...