Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR...
Tehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera Iran.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko ubutegetsi bw’igihugu cyabo budakeneye umusanzu wa Joseph Kabila mu gukemura...
Igisirikare cya DR Congo (FARDC) cyatangaje ko umutwe wa AFC/M23 urimo ’gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo.
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abakozi batatu b’Akarere ka Kayonza na rwiyemezamirimo bakoranaga, aho bakekwaho kunyereza umutungo wa leta ungana na miliyoni 67 Frw.
Leta y’u Bubiligi yahakanye amakuru avuga ko iki gihugu cyaba giherutse kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abakomando bo guha gufasha ingabo z’iki gihugu mu rugamba zihanganyemo...