skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Lutundula wa RDC yongeye kumvikana yemeza ko nta FDLR ikiri mu gihugu cye

Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR...
31 March 2025 Yasuwe: 576 0

Iran yahize kwibasira Ingabo z’u Bwongereza mu Nyanja y’u Buhinde nishotorwa

Tehran yatanze umuburo w’uko izibasira Ingabo z’Abongereza mu birwa bya Chagos mu Nyanja y’u Buhinde, mu gihe Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, nawe yatera Iran.
31 March 2025 Yasuwe: 951 0

Abishwe n’umutingito w’isi muri Myanmar bageze ku 1,700

Umutegetsi wa gisirikare wa Myanmar yavuze ko abantu hafi 1,700 bishwe n’umutingito w’isi ukomeye cyane wo ku gipimo cya 7.7 wabaye ku wa gatanu.
31 March 2025 Yasuwe: 539 0

Leta ya RDC yatangaje ko idakeneye umusanzu wa Kabila mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner, yatangaje ko ubutegetsi bw’igihugu cyabo budakeneye umusanzu wa Joseph Kabila mu gukemura...
28 March 2025 Yasuwe: 433 0

FARDC irashinja M23 ’gusenya imihate y’amahoro’ itera ibirindiro byabo

Igisirikare cya DR Congo (FARDC) cyatangaje ko umutwe wa AFC/M23 urimo ’gusenya imihate y’amahoro yatangijwe n’amahanga’ ukora ibitero bishya ku birindiro by’ingabo muri Kivu ya Ruguru na Kivu y’epfo.
27 March 2025 Yasuwe: 966 0

Brig Gen (Rtd) Rusagara yapfuye

Brig Gen (Rtd) Frank Rusagara kuri uyu Gatatu tariki 26 Werurwe 2025, yapfuye azize uburwayi amaranye iminsi nkuko byatangajwe n’Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda.
27 March 2025 Yasuwe: 2077 0

Umugore wambaye ubusa yateje akavuyo ku kibuga cy’indege

Ku wa 14 Werurwe 2025, ku kibuga cy’indege cya Dallas Fort Worth, umugore witwa Samantha Palma yagize imyitwarire idasanzwe, akuramo imyenda yose maze agatangira guterana ibipfunsi no gukomeretsa...
27 March 2025 Yasuwe: 1318 0

RIB yataye muri yombi abakozi batatu b’Akarere ka Kayonza

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abakozi batatu b’Akarere ka Kayonza na rwiyemezamirimo bakoranaga, aho bakekwaho kunyereza umutungo wa leta ungana na miliyoni 67 Frw.
27 March 2025 Yasuwe: 796 0

Icyo u Bubiligi buvuga ku by’uko bwohereje muri RDC abakomando bo kurasa M23

Leta y’u Bubiligi yahakanye amakuru avuga ko iki gihugu cyaba giherutse kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo abakomando bo guha gufasha ingabo z’iki gihugu mu rugamba zihanganyemo...
27 March 2025 Yasuwe: 1142 0

Abanyaburayi bahawe umuburo ubasabwe kubika iby’ibanze byamara iminsi itatu

Abaturage b’ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) basabwe kubika ibiribwa, ibinyobwa n’ibindi byangombwa bashobora gukoresha mu gihe cy’intambara, mu rwego rwo kwitegura kugira ngo...
27 March 2025 Yasuwe: 655 0