Nyuma yo gutakaza umwanya wa mbere ku mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona, mu ikipe ya Rayon Sports bikomeje kuba bibi aho kuri ubu abatoza babiri barimo umukuru, Robertinho, bamaze guhagarikwa...
U Bushinwa bwatangaje inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uburyo bwo kuzihimuraho.
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS, rigaragaza ko rifite icyuho cy’arenga miliyari 2,5$ mu ngengo y’imari ya 2026/2027 yari iteganyijwe ko izaba ingana na miliyari 4.2$.
Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira.
Colonel Innocent Kaina wahoze ari mu basirikare bakuru b’umutwe wa M23, yamaze gushinga undi mutwe ugamije kurwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.