Minisitiri w’Itumanaho n’itangazamakuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba n’Umuvugizi wa Guverinoma y’icyo gihugu, yemeje ko abenshi mu baturage b’iki gihugu bifuza ko cyajya mu...
Prezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri uyu wa gatatu yarahiye ko ingabo za Uganda zizahiga bukware abishe abakerarugendo babiri b’abanyamahanga n’umuturage wari ubayoboye aho bari muri parike mu...
Mu nteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Ku nshuro ya kabiri, abadepite batora ntibabashije kwemeza umuyobozi mushya wa Kongre y’Amerika. Itora rya kabiri rirangiye mu minota mike...
Umunyamabanga mukuru wa ONU, Antonio Guterres yavuze ko ibitero by’abarwanyi b’umutwe wa Hamas kuri Isiraheli bidasobanura “igihano rusange” ku banyepalestina kandi yahamagariye ihagarikwa...
Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi, kuri uyu wa gatatu yavuze ko miliyoni z’abanyamisiri batashyigikira ko Abanyepalestina bimurirwa ku ngufu muri Sinayi. Yongeyeho ko igikorwa nk’icyo...
Abazungu bivugwa ko ari Ababiligi n’ubwo nta kibyerekana, bagaragaye mu mashusho yashyizwe kuri X n’umwe mu banyamakuru bo muri DRC bari gutoza ingabo z’iki...