Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), kuri uyu wa 15 Mutarama 2025 ryatangaje ko icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu gihugu cya Tanzania, ku ikubitiro kigahita gihitana abantu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko amategeko ya tombola y’irushanwa ry’Intwari ry’uyu mwaka azaba atandukanye n’uko byagenze umwaka ushize, ubwo ryegukanwaga na Police...
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, Perezida Joe Biden uyu munsi yavuze disikuru yo gusezera ku bakozi ba minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yavuze ko Amerika izahora kw’isonga kw’isi. “Ubushinwa...
Mu Karere ka Kamonyi urenze ku cyapa imodoka zihagararaho cya Musambira, munsi ya Paruwasi Musambira, habereye impanuka ikomeye y’imodoka itwara abagenzi ya RFTC yavaga mu Mujyi wa Kigali,...
Rigathi Gachagua uherutse kweguzwa ku mwanya wa Visi Perezida wa Kenya yaburiye Perezida Dr. William Ruto, amubwira ko imyitwarire ye ishobora kumusubiza mu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha...
Umukinnyi wa filime wo muri Amerika, Dalyce Curry uzwi cyane nka Momma D, yasanzwe iwe mu rugo i Los Angeles yitabye Imana aho yazize inkongi y’umuriro.
Abakora ububanyi n’amahanga ba Qatar, Amerika, Israel na Palestine bakomeje ibiganiro byo kureba uko abantu Hamas yafashe bunyago yabarekura, hanyuma ingabo za Israel nazo zigataha, intambara muri...