Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Nigeria, Wizkid, ari mu byishimo byo kubyara umwana w’umukobwa, akaba umwana wa Gatatu abyaranye n’umujyanama we mu bijyanye n’umuziki Jada...
Muri iyi minsi hari ibice by’igihugu abaturage bumva hashyushye mu buryo budasanzwe, ariko ni ikibazo kiri ku Isi, aho n’Umuryango w’Abibumbye wemeza ko by’umwihariko 2024 wari umwaka w’ubushyuhe...
Perezida wa Repubulika ,Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Mutarama 2024, yagize Jean guy Afrika , Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe iterambere,...
Chairman w’Ikipe ya APR FC, Brig Gen Déo Rusanganwa, yavuze ko ibiganiro byo gutandukana n’abakinnyi babiri bakomoka muri Nigeria, Nwobodo Chidiebere Johnson na Godwin Odibo, biri kugenda...