skol
Kigali

Author

Joseph Iradukunda

Kinyinya: Yatatse ntiyatabarwa nyuma bamusanga mu bigori yapfuye

Mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo hasanzwe umurambo w’umugabo witwaga Nishimwe Servilien yishwe urw’agashinyaguro ajugunywa mu murima w’ibigori nyuma y’uko hari abaturage bari bamwuvise...
7 January 2025 Yasuwe: 1882 0

Ubukonje budasanzwe bumaze guhitana 6 muri America

Ubukonje bukabije bwugarije leta nyinshi zo muri America, nibura abantu batandatu bamaze kuhasiga ubuzima.
7 January 2025 Yasuwe: 396 0

Seninga yatandukanye na Gendarmerie FC yo muri Djibouti yaramazemo amezi 4

Umutoza Seninga Innocent watazaga Gendarmerie FC yo muri Djibouti yatandukanye na yo nyuma y’iminsi 129 ayigezemo.
7 January 2025 Yasuwe: 415 0

Dr Habineza yifuza ko Transit Center zivaho n’uzijyanywe mo agahabwa indishyi z’akababaro

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza, asanga ibigo ngororamuco bizwi nka Transit Centers binyuzwamo abantu by’igihe gito bikwiye kuvaho,...
7 January 2025 Yasuwe: 885 0

M23 yungutse Colonel Paluku wa FARDC n’abasirikare barenga 100 bayiyunzeho

Amakuru Aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko Colonel Schadrack Paluku wari umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abasirikare barenga 100 yari ayoboye...
7 January 2025 Yasuwe: 2113 0

Minisitiri wa Siporo muri Afurika y’Epfo nawe yifuza ko Formula 1 ihabwa u Rwanda

Minisitiri wa Siporo, Ubugeni ndetse n’Umuco muri Afurika y’Epfo, Gayton McKenzie, yanenze uburyo kugira ngo Formula 1 ibere muri Afurika habaho guhitamo hagati y’u Rwanda n’igihugu cye kandi ahandi...
7 January 2025 Yasuwe: 511 0

Mu mwaka umwe gusa Abaturarwanda barenga 9000 basanzwemo Virusi itera SIDA

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR igaragaza ko mu 2023 hapimwe Abanyarwanda 1.111.600 bipimishije Virusi itera SIDA ku bushake, muri bo hagararagaramo 9.270 banduye iyo...
7 January 2025 Yasuwe: 254 0

U Rwanda rugiye kwifashisha imiti mishya yunganira Coartem mu kuvura Malaria

U Rwanda rwakiriye imiti rugiye kwifashisha mu kunganira Coartem mu kuvura Malaria yongeye gukaza umurindi.
6 January 2025 Yasuwe: 400 0

RDC igiye kunyonga ikiciro cya gatatu cy’amabandi nyuma yo kwica andi 102

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu cyumweru gishize yishe amabandi 102 yakoraga ubujura bwitwaje intwaro, ndetse irateganya kwica andi arenga 70 mu minsi iri imbere; nk’uko Minisitiri...
6 January 2025 Yasuwe: 746 0

Congo yiyambaje ba ‘Kadogo’ ngo bayifashe M23 ibari ku gakanu

Général-Major Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Kivu ya Ruguru, yatakambiye abana bahoze mu nyeshyamba ‘Kadogo’, kwinjira mu gisirikare cya FARDC kugira ngo bafashe...
6 January 2025 Yasuwe: 1033 0
0 | ... | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | ... | 4400